Imiryango 2 yo mu Murenge wa Gahanga yorojwe Inka muri gahunda ya “Girinka”. Iki gikorwa kikaba cyayobowe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere…
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 20 Ukuboza 2022, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Nyakubahwa Jean Claude MUSABYIMANA ari kumwe n’ Umuyobozi w’Umujyi wa…
Abaturage bo mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, barishimira ko amatara bishyiriyeho ku mihanda yabongerereye umutekano.
Ni amatara…
Akarama muri Masaka ni gahunda yo gukangurira abaturage kubana mu buryo bwemewe n’amategeko binyuze mu bukangurambaga ni muri urwo rwego imiryango 26…
Mu Karere ka Kicukiro kuri uyu wa kane taliki ya 20 Ukwakira 2022 hateranye inama y’umutekano yaguye igaragaza uko umutekano uhagaze mu Karere ka…
Abagize Komite z'Abunzi batowe mu Mirenge n'Utugari bigize Akarere ka Kicukiro
▶️Barahiriye inshingano baheruka gutorerwa indahiro zakiriwe na…
Abayobozi b’imidugudu mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali bahawe ikaye y’inshingano n’imihigo, izabafasha kurushaho kubahiriza no kuzuza…
Umwiherero watangijwe n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro aho yatangiye asobanura impamvu y’umwiherero;
Yagize ati muri uyu mwaka…
Mu Rwanda buri mwaka hizihizwa umunsi w’umuganuro hishimirwa umusaruro uba waragezweho muri uwo mwaka no kwiha ingamba zo kongera umusaruro mu gihe…