Imiryango 2 yo mu Murenge wa Gahanga yorojwe Inka muri gahunda ya “Girinka”. Iki gikorwa kikaba cyayobowe n'Umuyobozi Nshingwabikorwa w'Akarere…
Umudugudu w’Ikitegererezo wa Ayabaraye, ni umwe mu Midugudu yubatswe n’Akarere ka Kicukiro n’abafatanyabikorwa mu rwego rwo gukemura ibibazo…
Ibi byagarutsweho kuri uyu wa Gatatu ubwo mu Karere ka Kicukiro habaga inama nyunguranabitekerezo yo ku rwego rw’Umujyi wa Kigali irebera hamwe…
Kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Mata 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro Antoine MUTSINZI yakiriye Madamu Lacy Hubbard Umuyobozi…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Mata 2025, mu Tugari twose tw’Akarere ka Kicukiro habaye inteko rusange z’abaturage aho Umuyobozi Nshingwabikorwa…
Muri iki gihe cy’imvura y’itumba , mu Mirenge yose y’Akarere ka Kicukiro hakomeje ibikorwa byo guhangana n’ibiza by’umwihariko Ibiza biterwa n’amazi…
Mu Karere ka Kicukiro hakomeje ibikorwa by’ubukangurambaga bwahariwe Kwisuzumisha Kanseri y’inkondo y’umura ndetse na Kanseri y’ibere, ibi bikorwa…
Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Mata 2025, ku biro by’Akarere ka Kicukiro habereye inama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere, abafatanyabikorwa mu buhinzi…
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Mata 2025, mu Tugari twose hateranye inteko rusange z’abaturage aho Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro…
Kuri uyu wa Gatatu, ku Cyicaro cy’Akarere ka Kicukiro habereye umuhango wo kurahiza no kwakira indahiro z’abanyamahanga 7 bahawe ubwenegihugu…